ITANGAZO RY’ISOKO
Ubuyobozi bw’ itorero Anglican ry’ u RWANDA, Paroisse Gatore rifite Umushinga RW0631 EAR GATORE uterwa inkunga na Compassion International mu Rwanda, rirahamagarira abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi n’ ububasha ko hari isoko No:0002/CI/RW0631/2025 ryo kugemura imbuto y’ ibishyimbo bya bwo mubwoko bwa shyushya.
ABIFUZA GUPIGANIRA IRI SOKO, BAGOMBA KUBA BUJUJE IBI BIKURIKIRA:
Kuba azishyurwa hakoreshejwe OP izigamiwe iri muri Banki ya Kigali nyuma yo kurangiza imirimo yahawe n’ itorero.
Abifuza gupiganira iryo soko bagomba kudepoza ibyangombwa byabo bisaba isoko bigakorwa muburyo bw’ikoranabuhanga/ online ibyangombwa bigashyirwa kuri iyi email: rw631eargatore@gmail.comugatanga kopi kuri iyi email: eniyonzima@rw.ci.orgicyo gikorwa kizatangira kuva iri tangazo rikimara gushyirwa ahagaraga; kudepoza bizarangira tariki ya 03/09/2025 saa tatu za mugitondo (9h00a.m)nyuma y’ iyo saha nta yindi nyandiko yemerewe kwakirwa.
Umunsi wo gufungura amabaruwa k’ umugaragaro ni kuwa gatatu tariki ya 03/09/2025 saa yine za mugitondo(10h00 a.m) kubiro by’umushinga bikazakorwa hakoreshejwe uburyo bose bareba ibikorwa ni ukuvuga hakoreshejwe porojegiteri kandi abasabye isoko bagomba kuba bahari.
Imbonerahamwe ikubiyemo ibikenewe gupiganirwa:
|
NO |
IGIPIGANIRWA |
INGANO |
UBWOKO |
|
2. |
Imbuto y’ ibishyimbo |
1,920 kg |
Shyushya |
ICYITONDERWA: Uzatsindira isoko ry’imyenda y’ishuri agomba kuzaza agapima abana bose biga n’ igihe ibisubizo by’abana ba P6 na S3 byasotse akazaza kubapima bitewe n’ ibigo bazigaho