Announcement of the Bid for 241 Children Between the ages of 7-15 Bed Sheets and Bed Cover.Procurement Announcement.Ubuyobozi bw’itorero ZION TEMPLE paruwase ya Mwulire iri mu karere ka Rwamagana Umurenge wa Mwulire ifite umushinga RW0283 Mwulire uterwa inkunga na Compassion International Rwanda riramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifiteye ubushobozi ko ryifuza gutanga isoko ryo kugurira abana 241 barihagati y’imyaka 7-15 Bed sheets(amashuka yo kuryama mo ) na Bed cover (Ibiringiti byo kwiyorosa). Ababyifuza bakwandikira ubuyobozi bwa ZION TEMPLE paruwa ya Mwulire.
. Similar Jobs in RwandaLearn more about Zion Temple Mwulire Zion Temple Mwulire jobs in RwandaIbyo bagomba kuba bujuje nibi bikurikira: 1. A. Ibaruwa yandikiwe ubuyobozi bw’itorero ,
2. 2.Icyemezo kigaragaza ko company yandikishijwe muri RDB (Registre de commerce) na TIN Number.
3. Icyemezo cyo kutabamo umwenda w’imisoro (Attestation de non creance) Kitarengeje amezi3.RRA
4. 4.Icyemezo cyo kutabamo umwenda w’Imisanzu(Contributions clearance Certificate) cya RSSB
5. 5.Kuba afite numero ya konti ya nditseho izina rya company , akanemera ko amafaranga w’ubwishyu azanyura kuriyo konti ya company.
6. Kugaragaza ko akoresha facture ya E.B.M yemewe na Rwanda Revenu Authorith
7. Kuba abifitiye ubushobozi bwo gukora neza bigaragazwa n’ icyemezo cya shyizweho umukono wa Noteri ko asanzwe akora uwo murimo. (Attestation de services rendus)
8. Kugaragaza ibiciro ry’isoko(Facture proforma).
9. Photocopy y’indangamuntu
10. Kugaragaza icyitegererezo kibyo uzatanga (Sample)
Submission ProcedureN.B : 1. Ibyangombwa twavuze haruguru bagomba kubyohereza biri muri (zipped forder) kuri email zikurikira.
-icp283ztmwurire@gmail.com -RKobusingye@rw.ci.org2. Sample izatangira gusurwa guhera kuwa 16/05/2022. Ku biro by’umushinga RW0283 Mwulire mu masaha y’akazi.
Gufungura amabahasha kumugaragaro ni kuwa 27/05/2022 saa tatu zamugitondo ku cyicaro cy’umushinga . ukeneye ibindi bisobanuro wahamagara kuri 0782085761/0786874415
Ubuyobozi w’Iterero Zion Temple Mwulire Parish Ev.TUYIZERE J.Baptiste
Bikorewe Mwulire kuwa 11/05/2022