ANGLICAN CHURCH OF RWANDA
KIBUNGO DIOCESE (E.A.R–D/KBGO)
PARUWASE YA KIGINA
RW0630 EAR KIGINA
B.P.719,
Kigali, Rwanda.
Tel, +250788560056/0784338928
E-mail: rwkigina630@gmail.com
ITANGAZO RY’ISOKO
Ubuyobozi bw’itorero EAR PAROISSE KIGINA rifite umushinga RW0630 EAR KIGINA, burifuza gutanga Isoko ryo Gukora imizinga ya kijyambere kuri ba rw’iyemezamirimo ba byifuza kandi ba bifitiye ububasha, Ibikenewe ni Gukora imizinga ya kijyambere.
Abifuza gupiganira iryo soko bashobora kubona igitabo gikubiyemo amabwiriza agenga ipiganwa ry’isoko mu biro by’umushinga RW0630 EAR KIGINAuherereye mu Ntara y’Iburasirazuba, akarere ka KIREHE, umurenge wa KIGINA, Akagari ka RWANTERU, guhera tariki ya 18/04/2024 -2/05/2024 kuva saa tatu za mugitondo kugeza saa kumi z’umugoroba (9h00-4h00), bamaze kwishyura amafaranga 10,000 frw, adasubizwa kuri konti № 100000643388 iri muri BK ifunguye mu mazina ya E.A.R. RW 630 KIGINA , icyo gitabo nicyo kigaragaramo ibisabwa, ingano y’ibikenewe,ndetse nandi mabwiriza y’ipiganwa.. Kwakira no gufungura mu ruhame ibyangombwa bisaba isoko ni itariki ya 02/05/2024 i saa yine zamugitondo(10h’oo) ku biro by’umushinga RW0630 EAR KIGINA, ibyangombwa bisaba isoko ntibizarenza ku itariki 2/05/2024 saa yine n’igice (10h30), ntibizashyirwa mu ipiganwa, abifuza gupiganira isoko baza zana byangombwa bisaba isoko byabo kubiro by’umushinga banabinyuze kuri email zikurikira, rwkigina630@gmail.com bagatanga kopi kuri eniyonzima@rw.ci.org
Uwifuza ibindi bisobanuro yabariza ku biro by’umushinga mu ma saha y’akazi cyangwa akaduhamagara kuri telephone Nomero 0788560056/0784338928.
Bikorewe I Kigina, kuwa 18 /04/2024.
Umuyobozi wa Paruwasi KIGINA
REV, Arch GASANA Samuel