REPUBULIKA Y'U RWANDA
URUKIKO RW'UBUCURUZI
E-mail: info.tenyarugenge@judiciary.gov.rw
ITEGEKO RYA PEREZIDA RITEGEKA UMUBURANYI UDAFITE AHO ATUYE CYANGWA ABA MU RWANDA HAZWI CYANGWA UDAFITE AHO ABA HAZWI.
Umwaka wa 2023, umunsi wa 14 w'ukwezi kwa KAMENA
Twebwe, KANYAMIBWA Christine, Perezida w'Urukiko rw'Ubucuruzi, dufashijwe na NDAYISENGA Evariste Umwanditsi w'urwo rukiko.
Tumaze kubona ikirego N°RCOM 00350/2023/TC na DEVELOPMENT BANK OF RWANDA LTD utuye mu Mudugudu wa Inyarurembo, Akagari ka Kiyovu, Umurenge wa Nyarugenge, Akarere ka Nyarugenge, Intara ya Umujyi wa Kigali, TEL +250252575079 P.O.B 1341 Kigali
Irega aba bakurikira :
SOMIRWA, NAHV RWANDA, Agence Martime International SA, ISMAEL ET FILS, RWANDAX SA RAJANS,BENETAR ALHADEFF AND CO,ENGECO Batuye mu Mudugudu wa Inyarurembo, Akagari ka Kiyovu, Umurenge wa Nyarugenge, Akarere ka Nyarugenge, Intara ya Umujyi wa Kigali.
Urubanza ruzakorerwa inama ntegurarubanza kuwa 12/09/2023 saa 09h30 min
Dushingiye ku ngingo 45 na 46 y'Itegeko no 22/2018 ryo kuwa 29/04/2018 ryerekeye imiburanishirize y'imanza z'imbonezamubano, iz'ubucuruzi, iz'umurimo n'iz'ubutegetsi,
Dutegetse ko ihamagara rya SOMIRWA, NAHV RWANDA, Agence Martime International SA, ISMAEL ET FILS, RWANDAX SA, RAJANS, BENETAR ALHADEFF AND CO, ENGECO, rimanikwa ku rukiko rw'ubucuruzi no mu nkiko zose zisumbuye ahamanikwa amatangazo mu gihe cy'amezi abiri,
Kopi y'ikirego azayisanga mu Bwanditsi bw'uru Rukiko.
Iri tegeko rizatangazwa mu kinyamakuru cya Leta THE NEW TIMES.
URUKING
Bikorewe mu biro byacu, ku munsi, ukwezi n'umwaka byavuzwe haruguru.
RAV UBUCUR
KANYAMIBWA Christine
Perezida
NDAYISENGA Evariste
Umwanditsi