Returning Vehicles to Auctions tender at Rwanda Civil Society Platform
Website :
830 Days Ago
Linkedid Twitter Share on facebook

GUSUBIZA IBINYABIZIGA MURI CYAMUNARA

Ubuyobozi bwa Rwanda Civil Society Platform (RCSP) buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko bwafashe icyemezo cyo gusubiza mu cyamunara imodoka zo mu bwoko; 

IKINYABIZIGA No1

Numero iranga ikinyabiziga: RAC 965 X

Chasis No: JTMBD33VX65016627

Ubwoko bw’ikinyabiziga: Jeep Toyota RAV4

Umwaka cyakorewemo: 2005

Ubwoko bw’amavuta: Lisansi

Itariki cyandikiweho: 06/08/2015

Ibirometero: 9,199.4 km

Imyanya yo kwicaramo: 5

Imikoresherezwe: manual

Ibara: silver

Uko ihagaze; yarakoze

Front                        Back

IKINYABIZIGA No2

Numero iranga ikinyabiziga: RAB 670 V

Chasis No: JT3HP10V8X0218914

Ubwoko bw’ikinyabiziga: Jeep Toyota RAV4

Umwaka cyakorewemo: 1999

Ubwoko bw’amavuta: Lisansi

Itariki cyandikiweho: 06/11/2010

Ibirometero: 217,325 km

imyanya yo kwicaramo: 5

Imikoresherezwe: manual

Ibara: silver

Uko ihagaze: yarakoze

Outer Part                 Inside

ICYITONDERWA:

  1. Uwifuza gupiganirwa kimwe muri ibi binyabiziga (cyangwa byombi) asabwa kwishyura amafaranga y’ingwate angana na miliyoni imwe y’amanyarwanda (1,000,000 Rwf) kuri konti ya Rwanda Civil Society Platform iri muri GT Bank ifite numero 211/117964/1/5101/007 (PlateForme de la Societe Civile).

N.B: ingwate izasubizwa mu gihe uwayitanze atabashije gutsinda ikinyabiziga yapiganiwe. Kuwatsinze, izaaherwaho. 

  1. Cyamunara izabera ku biro bya Rwanda Civil Society Platform biherereye ku Kimironko (KG 188 St) ku wa gatatu tariki ya 25 Ukwakira 2023 saa cyenda z’amanywa (15h00).

Ku bindi bisobanuro mwahamagara Telefoni igendanwa +250788317626

Bikorewe i Kigali, kuwa 11 Ukwakira 2023

Job Info
Job Category: Tenders in Rwanda
Job Type: Full-time
Deadline of this Job: Monday, November 13 2023
Duty Station: Kigali
Posted: 13-10-2023
No of Jobs: 1
Start Publishing: 13-10-2023
Stop Publishing (Put date of 2030): 13-10-2066
Apply Now