GUSUBIZA IBINYABIZIGA MURI CYAMUNARA
Ubuyobozi bwa Rwanda Civil Society Platform (RCSP) buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko bwafashe icyemezo cyo gusubiza mu cyamunara imodoka zo mu bwoko;
IKINYABIZIGA No1
Numero iranga ikinyabiziga: RAC 965 X
Chasis No: JTMBD33VX65016627
Ubwoko bw’ikinyabiziga: Jeep Toyota RAV4
Umwaka cyakorewemo: 2005
Ubwoko bw’amavuta: Lisansi
Itariki cyandikiweho: 06/08/2015
Ibirometero: 9,199.4 km
Imyanya yo kwicaramo: 5
Imikoresherezwe: manual
Ibara: silver
Uko ihagaze; yarakoze

IKINYABIZIGA No2
Numero iranga ikinyabiziga: RAB 670 V
Chasis No: JT3HP10V8X0218914
Ubwoko bw’ikinyabiziga: Jeep Toyota RAV4
Umwaka cyakorewemo: 1999
Ubwoko bw’amavuta: Lisansi
Itariki cyandikiweho: 06/11/2010
Ibirometero: 217,325 km
imyanya yo kwicaramo: 5
Imikoresherezwe: manual
Ibara: silver
Uko ihagaze: yarakoze

ICYITONDERWA:
N.B: ingwate izasubizwa mu gihe uwayitanze atabashije gutsinda ikinyabiziga yapiganiwe. Kuwatsinze, izaaherwaho.
Ku bindi bisobanuro mwahamagara Telefoni igendanwa +250788317626
Bikorewe i Kigali, kuwa 11 Ukwakira 2023